Page anglaise
Prix AMI Résilience
African Management Institute hamwe n'abafatanyabikorwa bayo bateguye gahunda yiswe "Prix de la résilience AMI" igamije gushyigikira ba rwiyemezamirimo bagaragaje ubudahangarwa n'ibyo bamaze kugeraho ndetse no kugaragaza umusaruro umaze gutangwa n'amahugurwa ya AMI.
Prix Ibyerekeye AMI Résilience
Mu rwego rwo kuzirikana iterambere ryagezweho na ba rwiyemezamirimo basoje amahugurwa ya AMI, African Management Institute Rwanda yateguye gahunda yiswe "AMI Resilience Prize" igamije gushyigikira ibyo ba rwiyemezamirimo bagezeho nyuma yo gusoza amahugurwa yacu ariyo: Business Survival Bootcamp, Survive to Th En ligne pour développer votre entreprise.
Ibihembo bizatangwa muri iyi gahunda ya Prix AMI pour la résilience bizahabwa ba rwiyemezamirimo bagaragaje impinduka kurusha abandi nyuma yo gusoza amahugurwa ya AMI haba ku bucuruzi bwabo cyangwa bakagira icyo bakemura mu bice bakoreramo. Ba rwiyemezamirimo ba mbere muri buri ntara n'Umujyi wa Kigali nibo bazahabwa ibihembo bikubiyemo amafaranga agera kuri Rwf 1,000,000 XNUMX XNUMX ibikoresho byifashishwa mu gukora ubucuruzi ndetse n'ibindi bihembo bizatangwa n'abafatanyabikorwa. Abantu bose kandi bazahabwa umwanya wo guhitamo rwiyemezamirimo babona wagaragaje ubudahangarwa kurusha abandi mu cyiciro cyiswe "Le choix du peuple".
Batatu Ba Mbere mu Mujyi wa Kigali
PRIX DE RÉSILIENCE UWARUSHIJE ABANDI MURI AMI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
Batatu Ba Mbere mu Intara y'Iburengerazuba
PRIX DE RÉSILIENCE UWARUSHIJE ABANDI MURI AMI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
Batatu Ba Mbere mu Intara y'Amajyepfo
PRIX DE RÉSILIENCE UWARUSHIJE ABANDI MURI AMI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
Batatu Ba Mbere mu Intara y'Amajyaruguru
PRIX DE RÉSILIENCE UWARUSHIJE ABANDI MURI AMI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
Batatu Ba Mbere mu Intara y'Iburasirazuba
PRIX DE RÉSILIENCE UWARUSHIJE ABANDI MURI AMI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
RWIYEMEZAMIRIMO WAHIZE ABANDI
Aho Bizabera n'Amatariki
Province
y'Iburasirazuba :
Kayonza
11 juin 2022
Province
y'Amajyaruguru :
Musanze
13 juin 2022
Province
y'Amajyepfo :
Huye
18 juin 2022
Province
y'Iburengerazuba :
Karongi
20 juin 2022
Umuji wa
Kigali :
Norrsken
26 juin 2022
Abafatanyabikorwa n'Abaterankunga
Ibibazo Wakwizaza
Kanda ku kibazo urebe igisubizo.
A:Oya, usaba kwitabira agomba kuba yarasoje amwe mu mahugurwa ya AMI ariyo : Bootcamp de survie en entreprise, survivre pour prospérer, mettre votre entreprise en ligne et développer votre entreprise
A: Wifuza gusaba kwitabira, kanda ahanditse "Saba Kwitabira Hano" kuri iyi paji cyangwaukande Hano
A: R : Gusaba kwitabira bizarangira tariki 20/4/2022 saa 11:59 z'ijoro ku isaha ya Kigali. Icyitonderwa, abazohereza ubusabe bwabo nyuma y'iyo tariki ntabwo bazemererwa.
A: Ibihembo bizahabwa ba rwiyemezamimo ba mbere muri buri cyiciro. Reba ibyiciro byose kuri iyi paji usobanukirwe birushijeho.
A: R : Usaba kwitabira ashobora gukurwa mu irushanwa mu gihe :
- Atatanze amakuru yuzuye nk'uko bisabwa muri fomu yo gusaba kwitabira (Urugero, kudasubiza ibibazo byose, n'ibindi)
- Ubucuruzi bwe butujuje ibisabwa ku bitabira byagaragajwe hejuru kuri iyi paji
- Hoherejwe ubusabe bwo kwitabira inshuro ebyiri kuri rwiyemezamirimo umwe
- Ubusabe bwo kwitabira buri mu cyiciro kitari cyo
- Ubucuruzi cyangwa rwiyemezamimo yatanze amakuru atari yo